Igitego cyahesheje Gikundiro amanota atatu ya mbere muri Rwanda Premier League, cyatsinzwe na Charles Bbaale ku munota wa 50 ...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko nubwo u Rwanda rukora ibishoboka mu kubungabunga amahoro, rugihangayikishijwe n’abasize bakoze ...
Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Abaturage bo mu Kagari ka Kagitumba kabarizwa mu Murenge wa Matimba ho mu Karere ka Nyagatare, kuri ubu baravuga ko kuba barishatsemo ibisubizo bakigurira ubutaka bw'irimbi bubegereye mu Kagari kabo ...
Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu buzima bwabo bwa buri munsi bikomeje kubahindurira ubuzima, harimo no kubaha urumuri rubafasha kwiteza imbere muri gahunda ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Abatuye ku kirwa cya Gihaya mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, baravuga ko babangamiwe no kuba ivuriro rito (Poste de Sante) bari bubakiwe rimaze imyaka isaga 2 ridakora. Ibi ngo bikubitiraho ...
Abantu 27 batangiye urugendo rw’ibirometero 6470 bakoresheje amagare muri bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Aurika y’Iburasizuba, batanga ubutumwa bwo kubungabunga ibidukikije no guharanira umuco ...
Abatuye mu Karere ka Rubavu biganjemo abakora ingendo nyambukiranyamupaka wa Rubavu-Goma batangiye guhabwa inkingo za Mpox. Abazihawe barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
U Rwanda na Liberia byasinyanye amasezerano y'imikoranire no gukomeza kwagura ubufatanye mu nzego zitandukanye. Yashyizweho umukono kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 17 Nzeri 2024, na Minisitiri ...